Inkuru iteye agahinda, Umusore mu marira menshi cyane yavuze uburyo nyirabuja yamuhatirije gutera akabariro amubeshya ko aramwongeza umushahara

Feb 20, 2024 - 14:37
 0
Inkuru iteye agahinda, Umusore mu marira menshi cyane yavuze uburyo nyirabuja yamuhatirije gutera akabariro amubeshya ko aramwongeza umushahara

Inkuru iteye agahinda, Umusore mu marira menshi cyane yavuze uburyo nyirabuja yamuhatirije gutera akabariro amubeshya ko aramwongeza umushahara

Feb 20, 2024 - 14:37

Kimwe mu bintu bikomera mu buzima no kugerageza burya bibamo kuko harubwo umuntu akugerageje kuburyo ubura uburyo uko ubigenza. Gusa mu buzima ibigeragezo biratandukana kuko rimwe na rimwe hari ubwo tugeragezwa abantu bageragezwa n’abo bizeraga.

Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu musore wo mu gihugu cya Kenya mu mujyi wa Nairobi y’ukuntu mabuja we yamusabye ko basambana kugira ngo abone kumwongeza umushahara.

Nkuko uyu musore witwa Jack yabyivugiye yavuze ko yakuze ari Umusore ushaka amafaranga ndetse yifuza no guteza imbere umuryango we bityo ni muri ubwo buryo yagiye gushaka akazi mu mujyi wa Nairobi.Ubwo yahuraga nuwo mugore yahise amuha akazi ndetse atangira kugakora yishimye.

Gusa avuga ko yaje gutenguhwa nuwo mugore ubwo yamusabaga kumwongeza umushahara kuko byahise bihindura isura.Nyirabuje yamubwiye ko kugira ngo amwongeze umushahara agomba kumanza baryamana bagatera akabariro ndetse akamuryohereza kuburyo araryoherwa akabano kumwongeza umushahara.

Uyu musore yabuze ko Ari kimwe mu bigeragezo yahuye nabyo gusa yavuze ko yabyanze bityo akareka gukora Ako kazi.Ese wowe wisanze muri iyo situwasiyo wabyitwaramo gute!???

Source: muranganewspeper.co.ke

B. Innocent I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 327 062